Skip to main content

Posts

Showing posts from February, 2020

1. Kwitaba umuhamagaro wa Bahá'u'lláh

Ese ni iki bisaba ? Gukunda abantu, kurema icyizere n’ubunyangamugayo kuri bose mu rwego rwo gukwirakwiza ubumwe bwa muntu mu isi yose, gufasha, kugerwaho n’urukundo rw’Imana, kumenya Imana n’igituma umuntu aba mwiza. »— ‘Abdu'l-Bahá Ingingo y’ibanze y’inyigisho bahá’í igaragaza ko kuvugurura indangagaciro za roho no gukorera abantu ari ibintu bibiri iteka bidashobora gutandukana mu buzima . Ni mu nyandiko yanditswe n’umunyamabanga we,Shoghi Effendi : «Ntidushobora gutandukanya umutima w’umuntu n’ibimukikije byo hanze hanyuma tuvuge ko igihe kimwe muri byo kizahinduka, ibintu byose bizamera neza. Umuntu nawe ubwe ari mu bigize isi. Ubuzima bwe bw’imbere buri mu bigize ibimukikije kandi na none bugira uko bubayeho bitewe n’ibi muri hafi bimukikije.Mbese kimwe gikorera mu kindi kandi impinduka irambye mu buzima bwa muntu ikomoka kuri urwo ruhurirane.» Ni muri iyo ntumbero usanga ababahá’í bashyira imbere cyane izo ntego mfatizo uko ari ebyiri mu buzima bwabo : Kwita ku mi...