Reka abo Akunda , umuntu ku giti cye cyangwa se muri rusange, gake gake kandi umunsi ku munsi , mu buryo buhoraho bakomeze kugaragaza inama Ze: kwiyunga mu Nkomoko no mu Kwemera, kwirinda gusebya cyangwa kuvuga nabi abandi; kutabonamo abndi abanyamahanga ahubwo bakiyumvanamo nk’abo mu muryango umwe; kumenya ko urukundo rwa Bahá’u’lláh rwagize umumaro muri buri rwego,igice kandi ko nta ngaruka na nkeya rwagize ku batuye isi, kuzamurira hamwe n’umutima na roho no kwemera kimwe ku byo kwigisha Umuhamagaro, kugendera ku mirongo imwe, gukorera hamwe, buri umwe afasha abandi, kwishakamo imico myiza, kwihangana, imbaraga ndetse no kugira intumbero; Kumenya agaciro k’uku kwemera kw’agaciro gahebuje, Kubaha inyisho gutanga, kugendera muri iyi nzira itunganye, kandi tukereka abantu iyi nzira. [...] INZU NSANGANYASI Y’UBUTABERA, Ku wa 26 Ugushyingo 2018 Niba hari icyo mwifuza kumenya kirenze, mwahamagara cyangwa mukandika kuri izi nimero zikurikira: + 250 788590588, + 250 788438300. E-mail :...