Skip to main content

Posts

Showing posts from August, 2022

Kuba intangarugero muri byose

Reka abo Akunda , umuntu ku giti cye cyangwa se muri rusange, gake gake kandi umunsi ku munsi , mu buryo buhoraho bakomeze kugaragaza inama Ze: kwiyunga mu Nkomoko no mu Kwemera,  kwirinda gusebya cyangwa kuvuga nabi abandi; kutabonamo abndi abanyamahanga ahubwo bakiyumvanamo nk’abo mu muryango umwe; kumenya ko urukundo rwa Bahá’u’lláh rwagize umumaro muri buri rwego,igice kandi ko nta ngaruka na nkeya rwagize ku batuye isi, kuzamurira hamwe n’umutima na roho no kwemera kimwe ku byo kwigisha Umuhamagaro, kugendera ku mirongo imwe, gukorera hamwe, buri umwe afasha abandi, kwishakamo imico myiza, kwihangana, imbaraga ndetse no kugira intumbero; Kumenya agaciro k’uku kwemera kw’agaciro gahebuje, Kubaha inyisho gutanga, kugendera muri iyi nzira itunganye, kandi tukereka abantu iyi nzira. [...] INZU NSANGANYASI Y’UBUTABERA, Ku wa 26 Ugushyingo 2018 Niba hari icyo mwifuza kumenya kirenze, mwahamagara cyangwa mukandika kuri izi nimero zikurikira: + 250 788590588, + 250 788438300. E-mail :...

Reka ibyo twizera bigaragare mu bikorwa

Ku isi hose ushobora kumva iby’amagambo meza ashimwa n’amahame yubahwa kandi ashimwa. Abantu bose bavuga ko bakunda icyiza, kandi ko banga ikintu icyo aricyo cyose gifite aho gihuriye n’ikibi! Ikiri mu kuri nigishimwe, mu gihe ikibeshya ari icyo kigawa. Ukwemera kugira umumaro , kandi uburiganya buzanira ikibi inyokomuntu. Ni ikintu cy’umugisha gushimisha imitima y’abantu , ndetse bikaba bibi iyo ubaye impamvu yo kubabara kwayo. Kuba umugwaneza n’umunyembabazi ni byiza, mu gihe kugira urwango ari icyaha.Ubutabera ni indangagaciro nziza mu gihe kubogama ari bibi. Ni inshingano za buri wese kugira impuhwe no kutagira uwo ubabaza, kandi ni byiza kwirinda ishyari n’uburyarya mu bice byose. Ubumenyi ni ingenzi ku muntu , ni ukwirinda ubujiji; kuba mu rumuri, ukava mu mwijima! Ni ikintu cyiza kuburira amaso yawe ku Mana, bikaba ubujiji mu gihe uyirengagije. Ni inshingano zacu kuyobora abantu , tukirinda kubayobya cyangwa se ngo tube impamvu yo kugwa kwabo. Hari ingero nyinshi nk’izi ngizi. H...

UBUZIMA BW’UMURYANGO N’ABANA

 Ubumwe bw’umuryango niryo shingiro rya sosiyete y’inyokomuntu. Butanga amahame shingiro ku iterambere ry’indangagaciro za ngombwa n’ububasha. Biciye mu mikorere iboneye yabwo, iterambere n’ishyirwaho ry’inkingi z’urukundo zihuza abo mu muryango, butanga ishusho nyayo ku kuri gutuma umuntu abaho neza agatera imbere bidasize n’abandi. Akamaro ka ngombwa mu muryango ni ukurera abana bashobora kuwigirira uruhare n’inshingano mu kwaguka ku buzima bwe bwa roho no kugira uruhare rufatika mu iterambere rigezweho. ‘Abdul- Baha yagaragaje ko umubyeyi w’umugore n’umugabo bakwiye “Nk’inshingano… birakenewe gukora ibishoboka byose ngo batoze umwana w’umukobwa kimwe n’umwana w’umuhungu”, ni ababyeyi b’Ababaha’i , bakwiye kuba maso no gukurikiranira hafi ishyirwa mu bikorwa ry’iyi gahunda. Gusa ariko uburezi bw’abana ntibureba gusa ababyeyi ahubwo n’umuryango mugari babarizwamo ni inshingano zawo by’umwihariko  Ababaha’i baba hafi aho baba bakwiye kwita kuri iki kintu.  Byongeye kandi,...

Ibikorwa by'Ababaha'i ku isi

Ni ku bw’ibitekerezo bibari mu mutwe bituma Ababaha’i binjira mu mikoranire, kuko ubusanzwe ugushyira hamwe kwabo niko kwifashishwa mu gutuma habaho , ubwiyongere bw’umubare w’ibikorwa,amahuriro,amatsinda ndetse n’abantu ku giti cyabo; Bikanafasha itangizwa ry’imikoranire igamije guhindura sosiyete no kwimakaza ihame ry’ubumwe, no guharanira imibereho myiza y’inyokomuntu , ndetse hanatangwa umusanzu wo kuzamura umwuka w’imikoranire yuzuye hirya no hino ku isi. – INZU NSANGANYASI Y’UBUTABERA – Niba hari icyo mwifuza kumenya kirenze, mwahamagara cyangwa mukandika kuri izi nimero zikurikira: + 250 788590588, + 250 788438300. E-mail : aslbahai.gisenyi@yahoo.fr Mukomeze kugira ibihe byiza aho muri hose. KANDA HANO UKURIKIRE ANDI MAKURU Y'ABAHA'I KU ISI                                 BAHA'IS DE RUBAVU TV