Ni ku bw’ibitekerezo bibari mu mutwe bituma Ababaha’i binjira mu mikoranire, kuko ubusanzwe ugushyira hamwe kwabo niko kwifashishwa mu gutuma habaho , ubwiyongere bw’umubare w’ibikorwa,amahuriro,amatsinda ndetse n’abantu ku giti cyabo; Bikanafasha itangizwa ry’imikoranire igamije guhindura sosiyete no kwimakaza ihame ry’ubumwe, no guharanira imibereho myiza y’inyokomuntu , ndetse hanatangwa umusanzu wo kuzamura umwuka w’imikoranire yuzuye hirya no hino ku isi.
– INZU NSANGANYASI Y’UBUTABERA –
Niba hari icyo mwifuza kumenya kirenze, mwahamagara cyangwa mukandika kuri izi nimero zikurikira: + 250 788590588, + 250 788438300.
E-mail : aslbahai.gisenyi@yahoo.fr Mukomeze kugira ibihe byiza aho muri hose.
Comments
Post a Comment