Intumwa
y’Imana Bahá’u’llah yaravuze ati: “ Yewe
muhungu w’umutima! Ishime,kuko nguhaye inkuru nziza z’ihishura! Mu bwami bw’ubutungane
ndagutumiye; ngwino ubuturemo, kugira ngo ushobore kuhaba mu mahoro iteka ryose.”
“Umuti
w’ikirenga wategetswe na nyagasani, uburyo burusha ubundiububashabwo gukiza isi
yose, ni ukunga ubumwe bw’amoko yose, mu mugambi umwe rusange, ukwemera kumwe. Ibyo
ntibyashobora kugerwaho, uretse ku bw’ubushobozi bw’Umuganga ubishoboye,
ushobora byose kandi wahumekewemo.Nguko ukuri naho ibisigaye byose ni ukuyoba.”
Comments
Post a Comment