Tubayeho uyu munsi mu gihe cyihariye mu mateka. Aho umuntu uko azamuka akura ava mu bwana ajya mu myaka y’ubukure , aba akeneye gusobanukirwa isano iri hagati y’umuntu, umuryango ndetse n’amahuriro ya sosiyete.
Imikoranire y’izi ngero eshatu ni ngombwa mu kugira ngo habeho iterambere , aho nk’urugero , inteko zisaba ishyirwa mu bikorwa ry’ubusabe bw’ubwigenge, aho biba bikeneye gusimbuzwa ibitekerezo by’ingirakamaro mu kubaka isi nziza.
Kwemera ko umuntu , umuryango, ndetse n’inteko za sosiyete ari inkingi ya mwamba mu kubaka iterambere, no gukorana, Bizana inzira zose z’ibyishimo ku bantu kandi bikanafasha iremwa ry’ahantu imbaraga nyakuri z’ukwemera kw’inyokomuntu zizamukira.
Abantu bose baremewe kuzana iterambere rikomeye.
BAHÁ’U’LLÁH
-----------------------------------
Niba hari icyo mwifuza kumenya kirenze, mwahamagara cyangwa mukandika kuri izi nimero zikurikira: + 250 788590588, + 250 788438300.
E-mail : aslbahai.gisenyi@yahoo.fr Mukomeze kugira ibihe byiza aho muri hose.
Comments
Post a Comment