Abantu batunganye bagomba gutekereza no kuzirikana mu mitima
yabo uburyo bwo kwigisha. Bagombye gufata mu mutwe interuro n’amabango byavuzwe
mu Nyandiko Ntagatifu kandi z’agatangaza bakurikije igihe kugira ngo, mu
magambo yabo,bashobore kuvuga mu mutwe amabango y’Imana buri gihe ari ngombwa
kuko ayo mabango matagatifu ari umuti ukomeye cyane, Intsinzi ikomeye. Ingaruka
yayo irakomeye cyane ku buryo uwumva atazagira impamvu yo kujijinganya.Ndahiye
ubuzima bwanjye! Iri hishura rifite ubushobozi bukaze ku buryo rizakora nk’inyerekana-gaciro
ku bihugu byose n’amategeko yose yo ku isi. Dufashe igihe cyo kuzirikana
twitonze, twakwemera ko nta muntu ushobora guhunga kandi ko ntaho yahungira…
Comments
Post a Comment