Izina ryawe ni ugukizwa kwanjye,Mana yanjye,kandi ukukwibuka
ni umuti wanjye. Kuba hafi yawe ni amizero yanjye,kandi urukundo ngufitiye ni
mugenzi wanjye,impuhwe ungirira ni ugukizwa kwanjye n’inkunga yanjye muri iyi
si no mu yindi.
Mu by’ukuri uri Imana y’ubugwaneza bunononsoye,Uzi
byose,Umwitonzi bitagira urugero.
Igihe ushaka kugira icyo uvuga ku nkuru umaze gusoma ujya ahagana hasi handitse "post a comment"
E-mail yacu ni : aslbahai.gisenyi@yahoo.fr
Mukomeze kugira ibihe byiza aho muri hose.
KANDA HANO UMENYE AMAKURU Y'ABABAHA'I HIRYA NO HINO KU ISI
Comments
Post a Comment