“…Vuba aha, ubu buryo bw’imiterere y’ibintu buzashira
busimburwe n’ubushya…
Igihe kiregereje cyo kubaka isi nshya mu mwanya w’ishaje kuko ubushobozi bw’Imana bugera ku bintu byose…”
“…Umuntu yahawe na Nyirimpuhwe ubushobozi bwo kureba.Irongera
imuha ubushobozi bwo gusobanukirwa. Bamwe bemeje ko umuntu ari ubwoko
bw’ikinyabushobozi gito; ni we kinyabushobozi gikomeye mu biremwa byose.Ububasha
buhishe muri kamere-muntu, icyo ashinzwe kuri iyi si , isumbwe rijyana na
kamere ye bwite, ibyo byose bigomba kugaragazwa kuri uyu Munsi Wasezeranijwe
n’Imana…”
BAHA’U’LLAH
![]() |
Igihe ushaka kugira icyo uvuga ku nkuru umaze gusoma ujya ahagana hasi handitse "post a comment"
E-mail yacu ni : aslbahai.gisenyi@yahoo.fr
Mukomeze kugira ibihe byiza aho muri hose.
KANDA HANO UMENYE AMAKURU Y'ABABAHA'I HIRYA NO HINO KU ISI
Comments
Post a Comment