Nyuma y’uko inkongi y’umuriro mu buryo bw’impanuka yibasiye Imva ‘Abdu’l-Bahá mu kwezi kwa Mata 2022, imirimo yo kongera kuyubaka ikomeje kujya mbere.
Nk’uko mwabibonye mu butumwa mwagejejweho n’Inzu Nsanganyasi y’Ubutabera, ikipe ishinzwe iby’iki gikorwa yakoze iby’ibanze mu gutunganya ibisigazwa by’ahagizweho ingaruka. Ubu batangiye imirimo yo gutunganya no kubaka ahantu hose hasenyutse.
Uretse iki gikorwa kandi hirya no hino ku isi hakomeje kubakwa indi ibikorwa remezo by’Ababaha’i. Harimo nko mu Butaliyani na Poritigale n’ahandi. Aha hose ni ahantu hazajya hashobora gusurwa no kwifashishwa mu bindi bikorwa.
-------------------------------------------------
Niba hari icyo mwifuza kumenya kirenze, mwahamagara cyangwa mukandika kuri izi nimero zikurikira: + 250 788590588, + 250 788438300.
E-mail : aslbahai.gisenyi@yahoo.fr Mukomeze kugira ibihe byiza aho muri hose.
Comments
Post a Comment